in

Umutoza wa Rayon Sports yantenze bikomeye ubushobozi bw’umukinnyi yasanze muri iyi kipe ndetse benshi bemeza ko yari anayoboye abanyarwanda ba Gikundiro

Umutoza wa Rayon Sports yantenze bikomeye ubushobozi bw’umukinnyi yasanze muri iyi kipe ndetse benshi bemeza ko yari anayoboye abanyarwanda ba Gikundiro

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports YAMEN ZELFANI yantenze bikomeye ubushobozi bwa myugariro w’iyi kipe nubwo benshi ari we bemezaga ko azayobora abanyarwanda iyi kipe ifite.

Hashize igihe kitari kinini Yamen Zelfani atangiye gutoza ikipe ya Rayon Sports ndetse imyitozo arimo gukoresha ni imyitozo ikomeye ndetse ubona ko hari ikintu ashaka gukora muri iyi kipe kandi gikomeye.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko mu myitozo amaze iminsi uyu mutoza akoresha yantenze cyane myugariro Rwatubyaye Abdul bitewe ni uko ngo abona ibiro ndetse n’imyitozo akoresha ngo ntabwo arimo kuyikora nkuko abyifuza. Biranavugwa ko uyu mutoza agiye gushaka undi myugariro uzasimbura Abdul.

Uyu mutoza abakurikirana Rayon Sports bavuga ko nawe atavugirwamo cyane, ari nako ngo ashaka gushyira iyi kipe ku rundi rwego nyuma yo kumenya amakuru yuko iyi kipe ikina ugasanga iminota ya nyuma abakinnyi barushye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Anonymous
1 year ago

Yanenze apana yantenze

Danny Nanone imibare ye yajemo ibihekane bitewe nibyo yategetswe n’urukiko

Umva ko yigenje! Davido Aba-Islam bari bamwirengeje abyita imikino