in

Umutoza wa Manchester City yifatiye ku gahanga umukinnyi w’umwongereza amwangira ko akina kubera umubyibuho ukabije yavanye mu gikombe cy’isi

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yavuze ko Umwongereza ukina hagati mu kibuga, Kalvin Phillips, yavuye mu mikino y’Igikombe cy’Isi afite umubyibuho ukabije ku buryo akeneye kubanza gukora imyitozo yihariye.

Kalvin Phillips w’imyaka 27 ntiyifashishijwe ku mukino ikipe ye ya Manchester City yatsinzemo Liverpool mu mikino ya Carabao Cup wabaye ku wa Kane, tariki ya 22 Ukuboza 2022.

Umunya-Espagne Guardiola yasobanuye ko Phillips wageze muri Manchester City avuye muri Leeds muri Nyakanga 2022, atari yiteguye gukina.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umusore yaguwe gitumo amaze icyumweru asambanya abangavu

Alliah Cool uherutse kuzuza inzu ya miliyino 500 yongeye kugaragaza ko ari umujejetafaranga ubwo yari mu gitaramo cya Dorcas na Vestine