Bitewe n’ukuntu ikipe ya Chelsea ikomeje kugenda biguruntege cyane cyane mu bwugarizi bwayo umutoza wayo ibintu yatangaje byabaye nkibyo gushakira umuti w’ikibazo aho kitari kuko bitashimishije na gato abakunzi b’iyi kipe.
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere umutoza Antonio Conte yatangaje ko ikipe ya Chelsea kugirango ibone umuti urambye w’ikibazo cya ba myugariro ntawundi waza kugikemura utari mwene wabo Leonardo BonnucciÂ