in ,

Facebook : Abantu 10 bakunzwe kurusha abandi ku isi (amafoto)

Ntabwo abifuje kwamamara bose ariko babigeraho ku rugero rungana,uko hari abamenyekana mu karere batuyemo gusa ni nako hari abakundwa kandi amazina yabo agakomera ku migabane yose y’isi. YEGOB.RW yagukoreye urutonde rw’abantu (n’amakipe) bikunzwe cyane ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook,Kuva kuri Cristiano kugeza kuri M.Jackson aba nibo bakunzwe cyane kuri Facebook kuva uru rubuga rwabaho

10.Michael Jackson

Image result for michael Jackson

M.Jackson ari ku mwanya wa 10 mu byamamare bikurikiwe kandi bikunzwe kuri Facebook,akurikiwe n’abantu bangana na miliyoni 75 zirenga (75.8m). Nubwo Jackson yapfuye buri gihe Facebook Acount ye ishyirwaho amagambo y’ubwenge akubiye muri Album ze zakunzwe n’abenshi.

9.Justin Bieber

Image result for justin bieber

Nubwo JB yasibye Instagram account ye ,afite abantu basaga miliyoni 77 bamukurikiye kuri Facebook

8.Rihanna

Rihanna 

Riri akurikiwe n’abantu basaga miliyoni 81 kuri Facebook

 

7.Lionel Messi

Messi bamwe bemeza ko ariwe mukinnyi wa mbere ku isi niwe mu star  wa 7 ukurikiwe n’abantu benshi ku isi akaba akurikiwe n’abantu basaga miliyoni 86

Leo Messi

 

6.Eminem

Nubwo aherutse gusohora Album mu mwaka wa 2013,Marshall Bruce Mathers III niwe cyamamare cya 5 gikurikiwe kandi gikunzwe n’abantu ku isi,akurikiwe n’abantu basaga miliyoni 91Eminem

 

5.Real Madrid

Ikipe ifite  ibihangange nka  Cristiano na Bale ikurikiwe n’abantu basaga miliyoni 92

Real Madrid CF

4.Fc Barcelone

FC Barcelona

Barcelone ifite Messi,Neymar na Suarez ikurikiwe n’abantu miliyoni  basaga 94

3.Vin Diesel

Vin  ni uwa gatatu mu bantu bakurikiwe kuri facebook akaba akurikiwe n’abantu miliyoni 100

Vin Diesel

2.Shakira

Image result for shakira

Shakira Isabel Mebarak Ripoll niwe mugore ukunzwe cyane kuri facebook akaba akurikiwe n’abantu basaga  miliyoni 104

1.Cristiano Ronaldo

Cristiano Ronaldo 

Akurikiwe n’abantu miliyoni 117,Cristiano umwataka wa Real Madrid niwe muntu ukurikiwe n’abantu benshi kuri Facebook,Facebook page ye igizwe n’amafoto ye ari mu myitozo ndetse n’andi ari kumwe n’umuhungu we

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Chelsea Fc Antonio Conte agiye gukorera amarorerwa ikipe ye atoza

Nyuma yo kumara iminsi arembye abafana be bahangayitse, Meddy yatangiye koroherwa