in

Umusore yatejwe kuribwa munda arigaragura akira aruko asubije ibyo yibye

Unrecognizable Black Guy Touching Aching Abdomen Having Painful Stomachache Standing Over Gray Studio Background. African Man Suffering From Stomach Inflammation. Gastritis And Abdomen Pain. Cropped

Habaho n’ubuvuzi bwa gakondo yewe bwanahozeho nubwo usanga muri iyi myaka abantu bamwe na bamwe babwirengagiza yewe n’ababukora ugasanga biswe abarozi cyangwa se abapfumu nyamara bo bavuga ko ari abaganga ndetse ko banasenga nk’abandi bose.

Mugushaka gusobanukirwa niy’ingingo twifashishije Muganga…..
umwe mubakora ubwo buvuzi atubwira byinshi bubyerekeye ndetse anakomoza ku kuba bitwa abapfumu ndetse ko bababazwa cyane no kuba abantu babafata nabi bakabita amazina abasebya atandukanya arimo: abarozi n’abapfumu ngo nyamara nabo basenga.

Muganga yagize ati:”Tubabazwa cyane no kwitwa abarozi cyangwa abapfumu nyamara dusenga kandi twemera Imana n’abatugana ntibabujikwe kuba basenga cyangwa indi myemerere yose baba bafite ibyo dukora n’impano ndetse ikaba n’irage tuvana kubasokuruza nkuko umukinnyi nawe afite impano yo gukina umupira”.

Twagize amatsiko yo kubaza uyu Muganga niba ibyo bakora abaribyo cyangwa se ari ukubeshya, twifashishije inkuru y’uyu muganga zacicikanye ku muyoboro wa YouTube akora ibitangaza birimo gusaza umusore nyuma yo kuba umukobwa yigize umusirimu.

Muri ayo mashusho atangira umusore aribwa munda cyane yivusha amagambo menshi ni nyuma yuko yibye umukobwa amafaranga ibihumbi ijana yaragiye kugura ibikoresho by’ubukwe. Nyuma yo kubwa ayo mafaranga uwo mukobwa yitabaje uyu muganga…. ngo amugarurize amafaranga ye ndetse amwereke nuwamyibye ni nyuma yuko …. amuciye amafaranga ibihumbi mirongo itanu nawe agategeka uwo mukobwa kujya aho uwo musore aherereye yajyayo agasanga uwo musore ari kuribwa cyane munda ibyo bikaza gukira aruko asubije amafaranga yari yibye uwo mukobwa witwa Keke ndetse akamusaba imbabazi ko atazongera kwiba.

Muganga…. twamubajije icyo bisaba kugirango agaruze ibyibwe ati:”icyambere umurwaye atanga amafaranga yo gusuzuma noneho yabona ikibazo afite ukamuvura”. Yavuze kandi ko ashobora kwerekana umuntu wahemukiye undi ahantu henshi hatandukanye harimo: Mu icupa,ku ntara,mu ibase avuga ko Kandi avura umuntu yifashishije ifoto,amazina n’ibindi,… ndetse agahita akwereka igisokuru cyawe.

Muganga… azwiho kuvura abantu bagakira ibyo byemezwa na bamwe mu barwayi yigeze kuvura bagakwira, Uwimana Cloudine umwe mubo yavuye yatubwiye ko yamuvuye ibisazi ubu akaba ameze neza ni mu gihe akandi uzabakiriho Eric nawe yatubwiye ko yamuvuriye umugore bamurozi, uyu Muganga aboneka numero ya +250 787 459 343 iba no kuri WhatsApp yatwemereje ko avura indwara nyinshi zirimo:amarozi,ibisazi,amahembe,anshakira abagabo abakobwa bagumiwe n’ibindi,…

Kanda hano urebe amashusho ya Muganga… ari kuvura:

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akanyenyeri k’aba-Rayons ubanza katagikora neza kuri bamwe! Amafaranga amaze gitangwa n’abafana ba Rayon Sports yo kugura Muhire Kevin, agerwa ku mashyi

Abatoza bashya ba APR FC barangajwe imbere na Nović, batangiye akazi i Shyorongi