in ,

Umusore yareze ibitaro nyuma yuko uwahoze ari umukunzi (Ex) we w’umuforomo amukoreye ubugome

hari ifoto iri gucicikana kumbuga nkoranyambaga y’umusore ufite igikomere gikomeye cyane mumaso ye, bivugwa ko yadozwe n’umukobwa babyaranye akaba ari numukunzi we batandukanye (umu Ex) bakaba baragiranye ikibazo mbere yuko ifoto isohoka. Nk’uko bivugwa, uyu mugabo yaciye inyuma nyina w’umwana we, bombi baza gutandukana kuko uwo babyaranye ataragishaga ko babana.

Uwo mukobwa akora akazi ko kuba umuforomo mu bitaro. Amaherezo, umusore yakoze impanuka iteye ubwoba yimodoka azanwa mubitaro. Bihurirana nuko umuforomo wagombaga kwita ku gikomere cye yabaye nyina w’umwana we, barwanye nyuma yo kumuca inyuma.

Nk’uko uwo mukobwa abitangaza ngo uyu wari umwanya wo kwihinura nyuma  yo guhemukirwa n’umugabo we. Kubera ko igikomere cye cyari gifunguye, yagombaga kukidoda. uyu muforomo yamudoze nabi kuburyo bigaragara ko yabikoze abigambiriye.

Nyuma yibi byose, uyu mugabo ubu ararega ibitaro biturutse ku bikorwa by’uyu muforomo. Iki nigikorwa kigayitse kandi kitari icy’ubumuntu. N’umuntu utarigeze yiga ishuri ry’ubuforomo ashobora kubikora neza cyane kurenza ibi. Biragaragara neza ko iki cyari iigikorwa cyo kwihimura.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uteka Kuri Gas?? Dore bimwe byagufasha gutuma idashira vuba

Bijoux wo muri Bamenya yahaye ubutumwa abantu bamwita indaya Iby’ubukwe bwe yabigarutseho