in

Umusifuzikazi Mukasanga Salima Radhia wanditse amateka muri Africa agiye kwitabira umuhango ukomeye

Umusifuzi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru, Mukasanga Salima Radhia, uherutse gukora amateka yo kuba umugore wa mbere wasifuye umukino w’Igikombe cy’Afurika cy’Abagabo, ni umwe mubazita izina Abana b’Ingagi.

Uyu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 18, uteganyijwe kuba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Nzeri 2022.

Kuri iyi nshuro abazita amazina ingangi bazaba bagiye no kuzisura ntabwo bizongera kubera kuri online nyuma y’uko icyorezo cya Covid-19 gicogoye kigacisha make.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC idafite umutoza mukuru yatsiburiwe ku mbehe yayo ivumbi riratumuka

Meddy yavuze urwibutso rukomeye cyane mama we amusigiye