in

Ibyo kurya biriho amazira ntoki bikomeje kuvugisha benshi

Ibyo kurya biriho amazira ntoki bikomeje kuvugisha benshi.

Abakoresha urubuga rwa X bacitse ururondogoro ubwo uwitwa Jay Squeezer (Kasuku) yashyiragaho ifoto y’ibiryo biriho amazira ntoki (amabyi) hejuru yabyo maze yarangiza akagari ati:”Iyi ndyo ni iyihe ra?” ibintu byatumye abantu bayavuga.

Ifoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona iyi foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yataye muri yombi Perezida w’ikipe ya Sunrise FC

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda Amavubi, Kwizera Olivier, yagaragaje ko yibwe umwanya we wo gukinira ikipe y’Igihugu -IFOTO