in

Umunyarwenya Arthur Nkusi n’umukunzi we bazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kugaragara bari mu bihe byiza.

Umunyarwenya Arthur Nkusi yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umukunzi we Mutoni Fiona mu bihe byiza ,bituma benshi mu bafana babo batangara ndetse bamwe batangira kwemeza ko wasanga ibirori by’ubukwe bwabo buri hafi.

Ni ifoto igaragaza aba bombi bamaze igihe bakundanam bafite ibirahure bari guhana ‘Ku buzima bwacu’ ibizwi nka Cheers, bicaye ahantu bigoye kuba wahamenya.Bamwe mu bakurikira uyu munyarwenya bahise batangira kuvuga ko ibirori bitashye ku buryo iyi foto ishobora kuba iteguza ibizwi nka save the Date.

 

Ni ifoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze zinyuranye zirimo Instagram ndetse na Facebook, yatumye benshi bayitangaho ibitekerezo binyuranye.Mu bitekerezo byatanzwe harimo :icya Sandrine na Cyuzuzo bakorana kuri KISS FM

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira gusa !ubwo wa musore mwiza uherutse kwitaba Imana yashyingurwaga.

Ngibi ibintu by’ingenzi ukwiye kwirinda kubwira umukunzi wawe niba umukunda by’ukuri.