in

Umunyamakuru ukomeye wajyanye na APR FC yavuze ko bateguye US Monastir binyuze muri Mugunga Yves

Umunyamakuru Nkurunziza Emmanuel wamamaye nka Ruvuyanga yavuze ko kuvunika kwa Muganga Yves byari kwica mu mutwe US Monastir.

Ruvuyanga yavuze ko nashakaga kwica imibare y’umutoza wa US Monastir aho babinyujije muri rutahizamu Mugunga Yves wari watsindiye APR FC igitego mu mukino ubanza wabereye mu Karere ka Huye.

Mbere y’uko umukino wo kwishyura wa US Monastir na APR FC uba, hasohotse amakuru avuga ko MUGUNGA Yves yavunitse, gusa abantu baje gutungurwa no kubona MUGUNGA abanje mu kibuga.

Ruvuyanga yavuze ko byari bateguye kugira ngo barebe ko baza kwitwara neza imbere ya US Monastir yari iri gukinira imbere y’abafana bayo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yishe umugore we nyuma yo kumenya ko agiye kurongorwa n’undi mugabo maze na we ariyahura

APR FC yongeye guhunga Rayon Sports