in

Umunyamakuru Irene Murindahabi yashinze ivi avuga isengesho rikomeye ku isabukuru ye y’amavuko

Kuri uyu munsi tariki 12 Kamena nibwo umunyamakuru Irene Murindahabi wamamaye mu binyamakuru bitandukanye hano mu Rwanda yihije isabukuru ye y’amavuko. Kuri uyu munsi akaba yafashe umwanya asenga isengesho rikomeye ashima Imana yamuzanye ku isi akaba uwo ari we kuri ubu.

Uyu munyamakuru yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto apfukamye hasi maze yongeraho isengesho rigira riti:”Umunsi Nk’Uyu Data wemeye ko nza kuri Iyi si ubuzi neza ko igoye komeza uhandindire kandi ungire uko ushaka 🙏 Uhe umugisha intambwe za Njye n’ Izabakunda umurimo wanyoherejemo . Umbabarire ugukiranirwa Kwa Njye nuko umpe kunesha ibingerageza, umpe Urukundo Rukunda n’abanzi ba Njye. Amen🙏 -Morodekayi yavutse Gift Ziri guca kuri Momo 😂😂-“

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Liverpool ikomeje kwiyubaka hatahiwe kabuhariwe ukinira Benfica.

Ibyahishuwe: Hagaragaye intambara Barcelona yarwanye kugirango yegukane Messi.