in

Umukunnyi wa Rayon Sports yemeje umubare w’ibitego bagomba gutsinda Police FC yabanyagiye umukino uheruka wabahuje

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports yemeje ko bagomba gutsinda ikipe ya Police FC iheruka kubatsinda ibitego 4-2.

Harabura amasaha macye gusa kugirango umukino urahuza ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya Police FC, ariko uyu mukino wakaniwe cyane na Rayon Sports nubwo ari yo yasuye ikipe ya Police FC.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko Hertier Luvumbu Nzinga yabwiye abakinnyi bagenzi be ko bagomba gutsinda Police FC ibitego bitari munsi ya 2 kugirango bihorere nabo bereke iyi kipe ko hari byinshi ibura.

Uyu mukino ni umukino ubanza w’igikombe cy’amahoro 1/4, nubwo Andi makipe araba akina umukino wo kwishyura bivuze ko Rayon Sports na Police FC umukino wo kwishyura uteganyijwe tariki 3 Gicurasi 2023.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyarugenge: Umusore ukekwaho ubujura yahuye n’uruvagusenya nyuma yo kwigira umuzunguzayi

Andi mashusho agaragaza ubwambure bw’umunyarwandakazi Lynda Uwamahoro yaciye igikuba muri Uganda