in

Umukobwa yishe umu ex we nyuma yo kumutera ubwoba akoresheje  imbunda y’akazi, uyu mukobwa yahise ajya kwirega kuri polisi avuga impamvu yatumye amwica

Umukobwa yishe umu ex we nyuma yo kumutera ubwoba akoresheje  imbunda y’akazi, uyu mukobwa yahise ajya kwirega kuri polisi avuga impamvu yatumye amwica

Umukobwa wo mu gace ka Mpumalanga muri Swaziland yemeye icyaha imbere ya polisi ko yishe umusore bahoze bakundana  wari n’umupolisi muri ako gace.

Uyu musore yinjiye mu nzu y’uyu mukobwa amusaba ko baryamana ariko umukobwa arabyanga. Umusore yahise akuramo imbunda y’akazi amubwira ko ntibataryamana aramurasa.

Uyu mukobwa kuko nta mahitamo yari afite, yarabikoze ariko kubera byari agahato, uyu mukobwa ntiyigize abyishimira nagato.

Ubwo bamaraga gukora ibyo bakora, umusore yararyamye arasinzira kuko yumvaga ko uwo mukobwa ntacyo yamutwara. Umukobwa yabonye ko umusore yasinziriye afata ya mbunda y’umusore ahita amurasa.

Uyu musore ntiyarenze aho,  uyu mukobwa nawe yahise yijyana kuri polisi, kuri ubu ategereje kuburana ku byaha yakoze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamasheke abasore babiri bafatanyije bica nyina hacyekwa icyo bamuhoraga

Chelsea yasuye Tottenham maze icunga yicaye mu bushorishori bw’igiti igitemera mu mizi igeze hasi nabwo bayakiriza imihini