in

Umukobwa yakoreye ibya mfura mbi umusore wamurihiye ishuri agashaka kumusambanya

Umukobwa yasebeje umusore washakaga ko baryamana nk’ikiguzi cy’uko yamurihiye amafaranga maze ahita amubenga.

Ikiganiro kuri WhatsApp hagati y’umugabo numukunzi we bahisemo gutandukana nawe nubwo ibyo yamukoreye byose, yabishyize ku mbuga nkoranyambaga .

Bigaragara ko yari yazanye ibintu byose yamukoreye kera mu rwego rwo kumuca intege zo kumuta, ariko amusaba kudakoresha ibyo byose kugira ngo amuteze umutego.

Yavuze ko ashimira byose kandi avuga ko yahisemo gukora ibyo bintu atabishaka kandi ko atamwinginze .Uyu mukobwa yahise asaba umusore kumwikuramo kuko atamushaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe imaze gutsinda imikino yayo yose muri shampiyona y’u Rwanda banze gukora imyitozo kubera ideni bishyuza

Umunyamakuru Jean Claude Kwizigira na madamu we bashimiye Tidjara Kabendera waje guterura akabebe kabo(Amafoto)