in

Umukobwa w’uburanga witabye Imana bikavugwa ko yazize umusore yakunze byo gupfa, akomeje kubabaza abatari bake

Umukobwa w’uburanga bivugwa ko yitabye Imana yiyahuye kubera ngo umusore bakundanaga wamwanze gusa hari n’andi makuru avuga ko yarozwe.

Mu minsi yashize abantu benshi babonye amafoto y’umukobwa w’uburanga abantu bari kumwifuriza iruhuko ridashira.

Uwonkunda Ikirezi Thamara yitabye Imana mu buryo butavuzweho rumwe, aho bamwe bavuze ko yiyahuye kubera umusore yakunze cyane akamwimariramo gusa akaza kumwanga gusa ariko hari n’abandi bavuga ko yazize amarozi.

Umuryango w’uyu mukobwa ntakintu wifuje gutangaza ku cyateye urupfu rw’umukobwa wabo.

Umuhango wo guherekeza Uwonkunda Ikirezi Thamara, wabereye mu rusengero ruherereye i Kanombe mu kajagari ahitwa Miracle center, ashyingurwa mu irimbi rya Rusororo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byiringiro Lague yahaye umukoro urubyiruko rw’u Rwanda

Cristiano akomeje kuba akabaye icwende: Ronaldo yirukanishije umutoza wa Al Nasr kubera kutumvikana na we