in

Umukobwa washyingiranwe n’ifoto yarikoroje

Muri iki gihe iterambere rikomeza kuza ni nako hari byinshi bihinduka mu muco, ibi byashimangiwe nyuma y’ifoto yatambagiye ku mbuga nkoranyambaga y’umukobwa washyingiranwe n’umusore uba hanze y’urwanda.

Muri iyi foto Umukobwa aba yicaye mu mwanya we naho mu mwanya wakabaye wicaye mo umusore haba hateretse ifoto ye.

Gusa benshi mu babonye ibi bakomeje kwibaza niba koko ibi bikwiye mu muco wa kinyarwanda cg se niba ababyeyi babo bataha ubukwe bishimye Nkuko umukwe yaba ahari.

Reba bimwe mu bitekerezo by’ababonye iyi foto.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho ko mbona Irene yabambitse utumini raa: Dorcas na Vestine buriye rutemikirere iberekeza mu gihugu cy’uburundi mu tujipo n’imipira byiza cyane (Amashusho)

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali yaburiye abawutuye n’abawugenda muri iki gihe k’iminsi mikuru