in

Umukinnyi wa Rayon Sports yavuze umukinnyi usetsa abandi mu ikipe

Myugariro wa Rayon Sports, Ndizeye Samuel yatangaje umukinnyi bakinana usetsa abandi bakinnyi ku buryo iyo yabuze abandi bababara.

Ndizeye Samuel yatangarije radiyo Rwanda ko umuzamu Bonheur asetse abakinnyi bagenzi be iyo bari hamwe.

Uyu mukinnyi kandi yanahishuye ko ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa ariko ntabwo yifuje kumutangaza.

 

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Bwiza na Okkama bararira ayo kwarika nyuma yo kwangirwa kujya i burayi

U Rwanda rugiye kwamamazwa n’indi kipe ifatwa nk’iya mbere ku isi nyuma ya PSG na Arsenal

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO