in

Umukinnyi wa Arsenal ari mu byishimo bikomeye cyane

Umukinnyi w’ikipe ya Arsenal muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza ukina mu kibuga hagati  uzwi nka Thomas Partey ari mu byishimo byinshi.

Ni nyuma y’uko we n’umukunzi we Janine Mackson bibarutse imfura yabo y’umukobwa tariki ya 23 Mutarama 2024.

Uyu mukinnyi ntabwo yabashije kugaragara mu ikipe y’igihugu cye kubera imvune.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bafashe igice cya milliyoni barakirenza! AS Kigali yashiriweho amafaranga ateye ubwoba kuri buri mukinnyi nibakuramo APR FC

Kigali umunyeshuri yapfuye bivugwa ko yimwe uruhushya ngo ajye kwa muganga