in

Umukinnyi ukomeye w’umunya-Nigeria ari gusaba gukina mu Mavubi

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Ani Elijah ukinira ikipe ya Bugesera Fc yatangaje ko yifuza gukinira Amavubi ndetse ko yamaze no kubisaba.

Ni nyuma y’amakuru yavugwa ko uyu mukinnyi yamaze gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda ndetse akabuhabwa.

Yavuze ko ibivugwa ari byo gusa ngo nubwo umutoza atamuhamagaye mu bakinnyi bazifashishwa mu mikino Amavubi afite imbere, ngo we ntakimwirukansa igihe icyo aricyo cyose umutoza yabona ko hari icyo yafasha mu mavubi akamuhamagara, yiteguye gutanga ubushobozi bwe.

Ni mugihe kandi Ferwafa ivuga ko mu gihe icyo aricyo cyose babona ko hari umukinnyi wagira icyo Afasha Amavubi, bazajya bamufasha atange umusada we.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu bwongereza batangiye kwifuza abasifuzi bo muri Africa ngo babe aribo bajya gusifura mu Primier League abarimo bakurwemo

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga azagenda kugirango ikibuga k’indege cya Bugesera cyuzure ndetse n’igihe kizatangira gukoreshwa