in

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga azagenda kugirango ikibuga k’indege cya Bugesera cyuzure ndetse n’igihe kizatangira gukoreshwa

Ikibuga k’indege cya Bugesera ni kimwe mu bikorwa remezo bihambaye biri kubakwa n’igihugu cy’u Rwanda, nkuko ibindi bikorwa byagiye byubakwa birimo ama stade n’ibindi.

Kuri ubu amakuru aravuga ko iki kibuga k’indege cya Bugesera kizuzura mu mwaka wa 2026 ndetse akaba aribwo kizatangira gukoresherezwa.

Ndetse amakuru akomeza avuga ko iki kibuga kizuzura gitwaye arenga 2 billion USD  ubwo ni agera kuri 2.59 trillion z’amanyarwanda. (2,000,000,000 USD = 2,591,560,000,000 RWF).

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye w’umunya-Nigeria ari gusaba gukina mu Mavubi

KNC yongeye kunyuza umweyo muri Gasogi United! Abandi bakinnyi 4 basezerewe icyarimye muri Gasogi