in

Mu bwongereza batangiye kwifuza abasifuzi bo muri Africa ngo babe aribo bajya gusifura mu Primier League abarimo bakurwemo

Umuriro wo gushaka gukuraho VAR mu gihugu cy’uBwongereza, umaze iminsi waka mu makipe atandukanye, abafana, abayobozi b’amakipe, abakinnyi, ndetse n’abandi benshi bakurikirana ibya ruhago muri kiriya gihugu.

Iyi nambara yatangiye nyuma yuko bigaragaye ko VAR iri kwifashishwa mu kwiba cyangwa kubera amakipe amwe na mwe muri iyi shampiona.

Gusa bamwe n’ibabyemera ko ikibazo ari VAR ahubwo bavuga ko ikibazo ari abasifuzi batazi ibyo bakora. Bati “ikibazo si VAR ahubwo ni abasifuzi batazi icyo bakora, niyo mpamvu mbona ko ducyeneye abasifuzi bo muri Africa ngo babe aribo baza gusifura inaha”.  Ayo ni amagambo y’umutoza wa Brighton , Roberto De Zerbi.

Ibi siwe gusa ubibona gutya kuko benshi bagaragaza ko muri Africa hari abasifuzi benshi babahanga kandi barusha abasifura muri Premier League, yewe bazi no gukoresha VAR kubarusha.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto agaragaza ikibuga k’indege kigiye kuzura mu Bugesera akomeje kwemeza benshi ko u Rwanda ruri ku rundi rwego batazigezaho -Amafoto

Umukinnyi ukomeye w’umunya-Nigeria ari gusaba gukina mu Mavubi