in

Umukinnyi ukomeye wa APR FC wamanuwe mu Intare FC yemeye icyaha anatanga ubutumwa bukomeye

Umukinnyi w’ikipe ya APR FC wamanuwe mu Intare FC Nsanzimfura Keddy yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi b’iyi kipe nyuma yo kubatenguha.

Mu minsi ishize ikipe ya APR FC nibwo yatangaje kumugaragaro ko irekuye uyu musore bitewe n’imyitwarire itari myiza binamuviramo gusubira inyuma mu kibuga ariko bamwojereza mu Intare FC kugirango yongerame azamure urwego.

Keddy mu butumwa yahaye umunyamakuru w’imikino ukomeye hano mu Rwanda Sam Karenzi yemeye ko yatengushye abanyarwanda ariko ubu arimo gukora cyane aragaruka vuba.

Yagize Ati “Ibyo mwavuze ibyinshi byari byo, ndemera nanjye ko nategushye abantu, ariko ibindi byose biri kuruhande ubu ndimo gukora amanwa n’ijoro munyitege.”

Nsanzimfura Keddy siwe wenyine woherejwe mu Intare FC, Hari n’abandi bamanuwe barimo Byiringiro Lague, Nizeyimana Djuma, Ir’shad Nsengiyumva.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyari gushyingura byahindutse imirwano bamwe bashyingurwa mu mva ari bazima (Videwo)

Imodoka Kate Bashabe yagiyemo ubwo yari agiye kwizihiza isabukuru y’amavuko yatangaje benshi cyane (Videwo)