in

Imodoka Kate Bashabe yagiyemo ubwo yari agiye kwizihiza isabukuru y’amavuko yatangaje benshi cyane (Videwo)

Ku wa Gatanu tariki ya 9 Nzeri 2022 nibwo Kate Bashabe wamamaye mu myidagaduro yo mu Rwanda yagize isabukuru y’imyaka 32 y’amavuko.

Mu kwizihiza iyi sabukuru yayozihije ahantu mu kabari kadasanzwe ndetse icyatunguye abantu ni imodoka uyu mukobwa yagiyemo ubwo yari agiye muri ibyo birori.

Kate Bashabe yagiye mu modoka itamenyerewe mu Rwanda y’uruganda General Motor rwo muri Amerika, ikindi Kate Bashabe ntabwo yari ari mu Rwanda.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa APR FC wamanuwe mu Intare FC yemeye icyaha anatanga ubutumwa bukomeye

Nyuma y’igihe kirerekire akorera Uganda, yagarutse gusogongeza abanyarwanda ibihangano bye