in ,

Umukinnyi ukomeye cyane wahoze ukinira ikipe ya Real Madrid yakatiwe igihano cyo gufungwa bitera ubwoba cyane Neymar na Cristiano Ronaldo(IMPAMVU)

Image result for ricardo carvalho
Ricardo Carvalho

Myugariro ukomeye cyane wanyuze mu makipe akomeye ku mugabane w’i Burayi nka Chelsea,Monaco ndetse na Real Madrid,Ricardo Carvalho kuri ubu ubrizwa mu gihugu cy’Ubushinwa mw’ikipe ya Shanghai Dongya FC,yarezwe icyaha cyo guhisha amwe mu mafaranga yinjije kugira ngo atayishyurira imisoro mu mwaka wa 2011.

Yakatiwe amezi 7 y’igifungo acibwa n’ihazabu y’ibihumbi 142 by’amayero (142 000€) ariko kubera mu gihugu cya Espanye gukatirwa igifungo kiri munsi y’imyaka 2 kidafungirwa,azishyura ihazabu gusa.Bikaba bihangiyikishije abakinnyi benshi bari gukirikiranwaho guhisha amafaranga ngo hatishyurwa imisoro harimo nka Cristiano Ronaldo,Neymar,Marcelo n’abandi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abdoul Rwatubyaye yongeye guhemukira no kubabaza bikomeye abafana ba Rayon Sport

Cristiano Ronaldo yagejeje ku buyobozi bwa Real Madrid icyifuzo cya nyuma kizatuma ahaguma