in ,

Cristiano Ronaldo yagejeje ku buyobozi bwa Real Madrid icyifuzo cya nyuma kizatuma ahaguma

Nyuma yuko Cristiano Ronaldo wamaze kugaragariza ubuyobozi bwa Real Madrid ko ashobora kwigendera akomeje kugenda ahendahenda abayobozi kugirango abashe kuhaguma yishimye, ariko byinshi mu byo yasabye akaba nta nakimwe aremererwa, kurubu uyu musore yongeye guca ruhinga nyuma ajya mu matwi ya Perez kumuha icyifuzo cyatuma aguma i Madrid afite akanyamuneza. Pérez Ronaldo

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Don Balon, uyu musore akaba yasabye Florentino Perez, Perezida wa Real Madrid ko yareba uko agura mwene wabo ukinira ikipe ya Sporting Clube de Portugal William Carvalho w’imyaka 25 kugirango aze kuziba icyuho cy’imvune ya Mateo kovacic izamara hafi amezi 6. Uyu musore akaba yaringigiye Perez kugura uyu musore mu kwambere bagatanga ikipe ya Westham yo mu bwongereza imushaka kuko uyu musore amubonamo impano ikomeye yo gukina hagati yugarira(defending midfielder) ikomeye kandi ikipe ye Real ikeneye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye cyane wahoze ukinira ikipe ya Real Madrid yakatiwe igihano cyo gufungwa bitera ubwoba cyane Neymar na Cristiano Ronaldo(IMPAMVU)

Mu magambo asize imitoma itomoye, Rugwiro Herve yifurije umugore we isabukuru nziza y’amavuko