in

Umuhanzikazi ufite abafana benshi mu Rwanda akomeje kubangamira abandi bakobwa kubera kuzamura irari ry’abakunzi babo

Umuhanzikazi ufite abafana benshi mu Rwanda akomeje kubangamira abandi bakobwa azamura irari ry’abakunzi babo

Ayra Starr umwe mu bahanzi baba Nigerian akomeje kuzamura irari ry’abasore kubera imyambarire ye.

Ni kenshi cyane uyu muhanzi atumirwa mu bitaramo, agakora videwo z’indirimbo, akajya mu butembere, akifotoza, ariko biragoye kumubona yambaye yikwije, buri gihe usanga yambaye utwenda tubangamira abasore.

Uyu muhanzi kandi amaze kwigarurira imitima ya benshi, yaba abasore cyangwa abakobwa, abamama cyangwa abapapa, abana ndetse n’abakuze.

Uyu mukobwa akundirwa ijwi rye, ubwiza bwe, imyambarire ye ndetse n’umutima mwiza yigirira.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mugabo wasambaniye mu ndege abagenzi bose bakaza gutora ubusurira, yahawe igihano gitangaje kubera ibyo yakoze we n’umugore

We akunda ya kipe y’i Nyarugenge! Bwa mbere Mbabazi Shadia ‘Shaddy Boo’ yerekanye ikipe afana hano mu Rwanda nyuma yo kubona ko ariwe Slay Qeen udafite ikipe afana