Bwa mbere mbabazi Shadia wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo yerekanye ikipe afana hano mu Rwanda.
Yabigaragaje nyuma yo gusangiza abamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter, amashusho ya Perezida wa Kiyovu Sports avuga ko basifuriwe nabi ku mukino wayihuje na Gasogi United.
Shaddy Boo nawe yahise agaragaza ko ikipe ya Kiyovu Sports yihebeye yibwe, aho yagize ati “Bwatwibye.” Ni mu gihe abakobwa bagezweho i Kigali, ‘Kigali Boss Babe’ bo bakunda Rayon Sports.
Batwibyeee 😂
pic.twitter.com/kdIb6AtwnK— Shaddyboo (@shaddyboo__92) September 16, 2023

Uramuharabitse ni umu rayon ibyo byihorere….