in

Umuhanzikazi Babo yongeye kugaragaza urukundo akunda mama we umubyara, amubwira amagambo amuri ku mutima – AMAFOTO

Umuhanzikazi Teta Barbara wamenyekanye muri muzika Nyarwanda ku izina rya ‘Babo’, yongeye kugaragaza urukundo akunda mama we umubyara.

Mu minsi yashyize nibwo uyu muhanzikazi yagaragaye ahetse mama we, kuri ubu yongeye kubwira umubyeyi we amagambo amushimira kuba yaramutwise amezi 9.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, ahazwi nka ‘story’, Babo yagize ati ” Umubyeyi ugutwara amezi 9 (aherekezaho utumenyetso tw’udutima).

Ubusanzwe mama wa Babo ni umunyarwandakazi mu gihe Papa we akomoka mu Budage.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sports iri mu mazi abira nyuma yo kubeshya ko yishyuye umukinnyi ntimwishyure none RIB ikaba igiye kubyinjiramo

Yago Pon Dat yatakiye RIB kubera ibintu asigaye akorerwa we n’abarimo Meddy na The Ben ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye