in

Umuhanzi w’umunyarwanda ukunzwe n’abatari bake akomeje kwibasirwa bavuga ko yaba ariwe wafungishije Eric Semuhungu

Ni igihe kitari kinini Semuhungu Eric afunzwe azira ibyaha bitandukanye, nyuma yifungwa rye benshi batangiye kwibasira umwe mu bahanzi ba banyarwanda bavuga ko yaba ariwe wamufungishije.

Cyane cyane abakoresha urubuga rwa YouTube nibo bakomeje kwibasira umusore Shaffy ndetse uri mu bakunzwe hano mu Rwanda. Ubundi uyu musore asanzwe aba mu leta z’unze ubumwe za America gusa vuba aha yaherukaga mu Rwanda.

Ibyuko yaba yaramufungishije byavuzwe nyuma y’ibivugwa ko uyu musore Shaffy haba hari umubano yigize kugirana na Semuhungu nkuko bigaragara ku ifoto ikurikira.

Gusa uyu musore abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, ndetse ababaye cyane yagaragaje ko atishimiye ibyamuvuzweho n’uyu musore wagiye kumusebya kuri YouTube avuga ko ariwe wafungishije Semuhungu.

Ndetse ugendeye ku magambo uyu musore yatangaje yagaragazaga ko ibimuvugwaho ari ukumubeshyera.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese ni Rayon Sports ifatwa nk’ikipe ikomeye muri CAF cyangwa ni APR FC yamanuriwe urwego kugera aho ishyirwa mu makipe yoroshye? Hari inkuru nziza yasohotse mu ijoro abantu basinziriye gusa yasize ibibazo mu mitwe y’abafana bibazo uwo izabera nziza hagati ya Rayon Sports na Apr Fc

Umutoza wa Rayon Sports Yamen Zelfani yatutse bikomeye umukinnyi w’iyi kipe kubera kumwitegaho byinshi akaba ntacyo atanga