inyigisho
Umuhanzi Weasel wo mu itsinda rya Goodlife yahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda 2021.

Nyuma y’ibyamamare bitandukanye birimo Alkiba,umuhanzi Weasel wahoze mu itsinda rya Goodlife yagaragaje ko ashyigikiye Umutoni Lea,uri mu irushanwa rya Miss Rwanda 2021 aho afite numero ya 27.
Ibi uyu muhanzi yabitangaje mu rurimi rw’Ikinyarwanda n’ubusanzwe agerageza kuvuga nubwo ataruzi cyane. Mu butumwa yashyize kuri Instagram ye yagize ati “Mutore Umutesi Lea nimero 27 kuba Miss Rwanda 2021. Murakoze”
Ni ubutumwa bwakiranywe yombi n’abashyigikiye uyu mukobwa basanzwe bakurikira Weasel.
Si uyu muhanzi wo mu itsinda rya Goodlyfe gusa ugaragaje ko ashyigikiye Umutesi Lea kuko na Ali Kiba wo muri Tanzania mu minsi ishize yari yagaragaje ko amushyigikiye.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Inkuru ibabaje: I Kigali umusore ariyahuye nyuma yo kwanduzwa SIDA n’umukunzi we.
-
Mu Rwanda20 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro12 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi16 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru19 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda16 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Sadate yishimiye cyane urukundo ShaddyBoo akomeje kumwereka.
-
Mu Rwanda14 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.