in

NdababayeNdababaye

Biteye agahinda:Umwana w’imyaka 11 akomeje kugira uruhu rumeze nk’ibuye|Ababyeyi be baratabaza.

Uyu mwana w’umukobwa, Manifashe Divine ufite imyaka 11 y’amavuko yafashwe n’uburwayi budasanzwe ,aho uruhu rwe rugenda rwumagara rukamera nk’ibuye,ibintu biteye ubwoba cyane. Ndetse Ababyeyi bakaba basaba ubufasha.

Ababyeyi b’uyu mwana batangarije Afrimax tv ko uyu mwana yavutse ari muzima gusa ngo ubu burwayi bwamufashe nyuma yamezi 3 avutse.Bavuga ko uyu mwana kuri ubu wiga mu mwaka wa 2 w’amashuri abanza yafashwe nubu burwayi bw’amayobera ,butuma uruhu rwe rukomera cyane ndetse rukazaho imikeke.Bavuga ko ahora araribwa cyane ndetse agashaka ikintu yishimisha aho ageraho agacika ibisebe.Batanze numero ku wifuza kubaha ubufasha yakoresha:+250785358690

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Weasel wo mu itsinda rya Goodlife yahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda 2021.

Imyitwarire igayitse idakwiye kuranga abakundana bya nyabyo|Yasenya urukundo rwanyu mutayitondeye.