in ,

Umuhanzi Dramat yagaragaye mu ishusho nshya arangije asaba Imana ikintu gikomeye kizatuma abantu bamenya ibyo bahishwe -AMAFOTO

Umuhanzi Dramat yagaragaye mu ishusho nshya arangije asaba Imana ikintu gikomeye kizatuma abantu bamenya ibyo bahishwe.

Icyamamare muri muzika y’i Burundi Dramat uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda ndetse n’iwabo i Burundi yifashishije imbuga nkoranyambaga ze maze asangiza abakunzi be amafoto meza cyane arangije agira ati:”Mana mba hafi kugezaho bazamenya ivyo bahishwe”.

Amafoto yatumye Dramat asaba Imana kumuba hafi kugeza ubwo abantu bamenya ibyo bahishwe:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bivuze ko usoma agasembuye, azifata mapfubyi kugeza gusaba no gukwa birangiye! Hari ibinyobwa bikunzwe cyane kurusha ibindi bitazagaragara mu bukwe bwa Miss Uwicyeza Pamela na The Ben

IFOTO! Umuraperi Kendrick Lamar yabanje kwiyegereza bagenzi be bo mu Rwanda mbere y’igitaramo