in

Umuhanzikazi Bwiza yashimishijwe n’abana bato cyane.

Umuhanzikazi ukiri kuzamuka mu muziki nyarwanda Bwiza Emerance wamamaye mu izina rya Bwiza yashimishijwe n’abana bato cyane.

Abinyujije kuri Instagram ye ikurikirwa n’abarenga ibihumbi 96 umuhanzikazi Bwiza yashyize akavidewo hanze ari kiririmbana n’abana babanyeshuri indirimbo ye yitwa”Ready” ndetse abo bana babanyeshuri baririmbanaga na Bwiza “Ready” bigaragara ko bayizi cyane.

Bwiza ni umuhanzikazi w’umunya Rwanda ubariza muri KIKAC music akaba ariyo ireberera inyungu ze mu muziki.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakuze gusa, impamvu abagore bakunda gutaka iyo batera akabariro

Zari The Boss Lady wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz yagaragaye akora ku bugabo bw’umukunzi we (video)