in

Umuhanzi bivugwa ko Diamond Platinum agiye kujyana muri Wasafi Record ashobora kuba ari umunyarwanda ukomeye mu muziki ndetse abanyarwanda bakumbuye indirimbo ze

Umuhanzi bivugwa ko Diamond Platinum agiye kujyana muri Wasafi Record ashobora kuba ari umunyarwanda ukomeye mu muziki ndetse abanyarwanda bakumbuye indirimbo ze

Hashize iminsi micye Wasafi Record iyoborwa na Diamond itangaje ko igiye kwinjiza undi muhanzi ukomeye Nyuma yabo imaranye igihe ireberera inyuza zabo mu muziki.

Nyuma y’ubushuti bukomeye Diamond Platinumz afitanye n’umuhanzi w’umunyarwanda The Ben, biravugwa ko uyu ari we ushobora kwinjizwa muri Wasafi Record irimo abahanzi nka Zuchu ndetse yanyuzemo abarimo Konde Boy ‘Hormonize’.

The Ben yakoranye indirimbo na Diamond Platinumz yiswe Why ndetse inakundwa cyane muri Afurika cyane cyane iy’i Burasirazuba bitewe ni uko yari irimo indimi benshi bumva.

Urebye iyi ndirimbo niyo The Ben aheruka gushyira hanze igakundwa nubwo amaze iminsi avugwa bitewe n’ibitaramo yitabiriye ndetse no kuba agiye gushyingiranwa na Miss Uwicyeza Pamella, gusa abanyarwanda bamukunda bakumbuye indirimbo ye.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“N’ukuri umugore wange tubana nka mushiki na musaza” Umukobwa yashyize hanze ikiganiro yaganiriye n’umugabo wari uri kumusaba kumubera ihabara akajya amubwira ko umugore we babana nka mushiki na musaza

‘Igufwa ryahise ricika mo kabiri’  Dore amafoto yo mu byuma byo kwa muganga agaragaza uburyo igufwa rya Kimenyi Yves ryatandukanye ubwo yavunikaga – Amafoto