in

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO

Umugore yatunguye abagabo asaba ko uzamurongora azamuha buri kimwe||Dore uko bizagenda.

Umugore uvuga ko yagurishije roho ye kwa satani, yavuze ko arimo gushaka umugabo uzemera kumurongora mu Kuboza kandi ko yiteguye kumwishyurira ibintu byose birimo n’inkwano.

Precious Gift Amarachi, yatangaje ko ubukwe buzabera ku “rusengero rwe ariko mu mazi.”

Uyu mukobwa abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook,yagize ati “Niba uri umugabo ushaka umugore wo kurongora mu Kuboza kandi ukaba udafite amafaranga, ntiwongere guhangayika ukundi. Ntugire impungenge ukundi, ndi hano ku bwanyu.

Nzakwishyura inkwano kandi ibyo ugomba gukora gusa ni ukwemera kundongorera mu rusengero rwanjye. Ubukwe bwacu buzabera mu rusengero no mu mazi hagati… Ndi umukobwa mwiza wagurishije ishema ubuzima bwe kuri satani n’icyubahiro. ”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igor Mabano ari mu modoka n’umukunzi we yamubwiye amagambo atari yarigeze amubwira (video)

Hahiye 🔥: Dore ibyo Dj Marnaud na Dj Toxxyk barimo gukorera ku Gisenyi (videos)