in

Umugore wanjye yagiye mu kazi asambana n’umugabo bagahuriyemo arabimpisha nyamara ndabimenya| Akazi nkamukuremo cg mwihorere?| Mungire inama

Muraho,njye ndi umugabo narashatse,sasa naje gushakira umudamu wanjye akazi ariko aho mukazi amaez kugerayo yaje kuhabona inshuti y’undi mugabo bageraho baranasambana..nabanje kwanga kubyemera ariko naje gukora iperereza nyuze kubantu bamuhaye akazi nza kubimenya neza,nibwo namwicaje ngo ntibura ambwire impamvu,namubajije ntuje mubaza nimba hari ibyo ntakora neza aranga araceceka ahubwo akomeza kubihakana..nibwo narakaye muri njye mukubita urushi kuko gahunda zomurugo zari zarapfuye zose… icyo gihe nibwo yahise avuga ukuri kose ambwira nukuntu babikoze nuwo muntu ngo ariko byatewe nuko turi abakene ngo yabitewe nubukene kuko tubayeho muburyo bwogushakisha ubuzima,amaze kumbwiza ukuri kugeza niyi saha,ako kazi sinigeze nkamukuramo ariko ikibazo mfite mumutima wanjye niki….ese ko yamaze gusambana nabandi ubwo se koko ntazongera nkuko yabimbwiye ngo mubabarire ntazongera?ese nkomezanye nawe cyangwa mureke dutandukane?

mungire inama pe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Nduwawe nawe uri uwanjye » – Amwe mu magambo ari mu ndirimbo nshya ya Meddy

Zizou yavuze uko we na The Ben barokotse impanuka yari igiye kubambura ubuzima