in

Umugabo yateje inzoka abakiliya be bihaye kumwambura

Umugabo yateje abakiliya be inzoka nyuma y’aho bashatse kumwambura. Uyu mugabo witwa Colin Shoemark wo muri Australia yatangiye gufata inzoka akiri umwana muto cyane ariko akaba yaratangiye uyu murimo muburyo bwa kinyamwuga muri 2016. Uyu rero aherutse kujya gufatira umuntu inzoka, maze umukiliya we arangije yanga kwishyura. Colin ati: “nafashe inzoka ya metero zirenga ebyiri yariri mu gikoni cye maze nyishyira mugikapu cyange, amaze kubona mbisoje atangira kwivugisha ngo byagakwiye kuba ari ubuntu, ngo cyangwa ikaba ariyo yishyura, yaje kwerura ati sinkwishyura”

Colin amaze kubwirwa ko atari bwishyurwe yahise afata ya nzoka ayirekurira hasi, maze wa mukiliya agira ubwoba bukomeye cyane. Atangiye kumubaza ibyo ari gukora colin ati: “nutanyishyura ndayita hano nigendere” umuturage yakangishije guhamagara police colin nawe ati ngaho yihamagare.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngaho! Burya Bruce Melodie na Bossi we Coach Gael ntibigeze bafatana mu mashati, Ese bari mu biki?

Kajala ntiyamumaze ipfa; Harmonize akigera mu Rwanda yatangiye kugwatira abagore ahereye mu Marangi (Videwo )