in

Abasore bose bibabere isomo: Umugabo yatandukanye n’umugore nyuma yogusanga isura ye itandukanye niyo yarafite bagiteretana

Umugabo yatandukanye n’umugore we nyuma y’uko asanze umugore afite isura itandukanye niyo yarafite igihe yamushakaga.

Umugore yatandukanye n’umugabo nyuma y’iminsi mike cyane barushinze mbese bakiri mu kwezi kwa buki nyuma y’uko umugabo we amubonye atiteye ibirungo byo mu maso byitwa make up mu ndimi z’amahanga.

Umugore ukomoka i Mpumalanga muri Afurika y’epfo yatandukanye n’umugabo we amushinja ku mubeshya kumwiyereka uko atari akoresheje ibirungo byo mu isura bizwi nka makeup bikunze gukoreshwa cyane n’igitsina gore ku Isi.

Uyu mugabo yafashe umwanzuro wo gutandukana nuyu mugore akimubona atiteye makeup kandi ngo yamaze amezi agera kuri atatu yose bakundana ataramubona atiteye makeup rero ngo akimubona yakubiswe n’inkuba ahita afata umwanzuro wo gutandukana na we bitewe n’uburyo yarafite isura mbi.

Abakobwa benshi bakunze kwitera ibirungo bibongerera ubwiza gusa ngo harimo abo bihundura ku rwego rwo hejuru ku buryo iyo ubabonye batabyiteye utabamenya bikaba byabereye isomo abandi basore bose batereta abakobwa batarabona nta birungo biteye.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ntago umugore umwe ahagije ku mugabo: Menya abagore umugabo umwe abakwiye gushaka

APR yatobye amateka, Sunrise ishira umwuma w’iminsi 120! Ibyaranze umunsi wa 24 wa shampiyona y’u Rwanda