in

Umugabo ari mu marira nyuma y’aho abuze akazi umugore we agatangira guteretwa n’insoresore

Umugabo yagiye ku mbuga nkoranyambaga asuka amarira avuga ko umugore we asigaye amusuzugura nyuma yo kubura akazi ke kugeza ubwo asigaye ateretwa n’insoresore.

Nk’uko uyu mugabo wabibwiye inkuru ye impuguke izwi cyane mu mibanire ya Nigeriya, Joro Olumofin, umugore we yaretse kumwubaha kuva yatakaza akazi.

Uyu mugabo Yagaragaje ko umugore we asigsye amuca inyuma n’abandi bagabo benshi ndetse anamutuka ko intanga ze zapfuye kandi zavunitse, impamvu adashobora kumutwita .

Uyu mugabo yatangaje ko yashakanye n’umugore we imyaka 4 ishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Judith wahoze akundana na Safi yatangaje ko abafana be bitegura indirimbo ye nshya afitanye n’umuhanzi wo hanze

Haringingo Francis nyuma yo gutsindwa na APR FC yatezwe agatego asabwa gutsinda indi kipe ijya ibagora byamunanira akirukanwa