in

Umudamu arashinjwa kwica abana 4 bose yibyariye mu nda

Umubyeyi wo mu burasirazuba bwo mu mujyi Cape mu gihugu cya Africa yepfo yatawe muri yombi nyuma yo kuvumburwa imirambo y’abana be bane bishwe hakoresheje umuhoro.

Kuri uyu wa gatatu, umuvugizi wa Police muri ako gace witwa Brig Tembinkosi Kinana yavuze ko Polisi iri gukora iperereza ku bijyanye n’ubwo bwicanyi bwabereye mu cyaro cya Mhlabubomvu, Engcobo.

Aho uyu mugore w’imyaka 32 bamusanze muri rondavel hamwe na nyakwigendera, ufite hagati yimyaka ibiri na 11.

Kinana yagize ati: “Iperereza ryibanze ryerekana ko aba bana bishwe na nyina aakoresheje umuhoro.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Andi mafoto yo mu birori byo gusezerana imbere y’amategeko by’umunyamakuru Cyuzuzo wa KISS FM

”Umugore wanjye n’umwana bapfuye kubera uburangare n’ubugome bwa bamwe mu baganga” umugabo aratabaza nyuma y’uko umugore we apfuye abyara