in

Umubyinnyi Titi Brown yavuze ikintu cyabaye mu myidagaduro Nyarwanda ari muri gereza bikamubabaza cyane kuko yacikanwe – VIDEWO 

Umubyinnyi Ishimwe Thiery wamenyekanye nka Titi Brown, yavuze ikintu cyabaye mu myidagaduro Nyarwanda ari muri gereza bikamubabaza cyane.

Mu kiganiro yagiranye na Ishusho TV, Titi Brown yavuze ko ibirori bya ‘Trace Awards 2023’ ni bimwe mu byabaye afunzwe. Yifuzaga kubigaragaramo ariko ntibyamukundira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu muhanda ku manywa izuba riva! Moto yo mubwoko bwa Boxer yari igeze mu ikorosi ryo muri Ryodomori yerekeza Nyamasheke yafashwe n’inkongi y’umuriro – AMAFOTO 

Umupasiteri yahamagaye umukobwa abereye Sugar Daddy ngo bahuriye kuri hoteli, amusaba ko areba akandi kana bazana kugirango bamunezeze neza, umukobwa ahita amuzanira umukobwa we