in

Umubiri ni ubusa: Umwana w’imyaka 19 witwa Niyonsenga Dan yarwaye amagufwa bituma azana ibimeze nk’inyonjo none ari gusaba ubufasha

Umwana w’imyaka 19 witwa Niyonsenga Dan yarwaye amagufwa bituma azana ibimeze nk’inyonjo none ari gusaba ubufasha.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Niyonsenga Dan arasaba ubufasha nyuma yo kurwara indwara yo mu magufwa.

Yagize ati: “Hello !! Nkuko mubibona ku ifoto ndetse no kuri Pinned Post yanjye, mfite indwara yitwa Kyphoscoliosis ifata amagufwa (imeze nk’ inyonjo) maze umunsi umwe mvuye i Butare Bambwiye ko batankorera Surgery kuko igihe cyarenze.”

Akomeza agira ati: “Doctor advised me Gushaka Akagare Najya nkoresha njya ku ishuri no mu zindi ngendo kuko yambwiye ko uburibwe ngomba kubana nabwo Permanently, Nubwo ntera Blague gusa meze nabi pe! Mbona mujya mufasha abantu hano kuri X. Nanjye muntabare pe!”

Wamuvugisha kuri 250784774290

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi birashoboka ko yajya mu gikombe cy’Isi cya 2026? Ikipe y’igihugu Amavubi irasabwa gutsinda Africa y’Epfo ubundi ikayobora itsinda

“Muhamane football yanyu”! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA uzwi nka Reagan Rugaju aretse gusesengura amakuru y’umupira w’amaguru abonye ahari ibyishimo -IFOTO