in ,

Ukunganya ku ikipe ya Manchester United gukurikirikiwe n’indi nkuru y’agahinda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu nibwo i Anfield ku kibuga cya Liverpool, ikipe ya Manchester United yanganyaga na Liverpool ubusa kubundi, mu mukino wakomereye bikomeye umutoza Jose Mourinho nkuko yabyitangarije, ubwo mukeba wa Manchester United, Manchester City yatsindaga ibitego 7-2 igahita inafata umwanya wa mbere kuburyo budasubirwaho. Ibyago bya Manchester United ntibyaje kurangirira aho kuko n’abakinnyi biyi kipe bari mu mvune bakomeje kuremba.

Amakuru dukesha ikinyamakuru The Telegraph aravuga ko imvune ya Marouane Fellaini yiyongereye igihe azamara hanze bitewe nuko yaje gutsikira agiye kwinjira mu modoka ye, bigasaba ko baza kongera kumubaga kugirango bamuvure. Bikaba biri kuvugwa ko ku gihe yari kuzamara hanze hashobora kwiyongeraho indi minsi. Abaganga ba Manchester United bakaba bari buze gutangaza igihe ndasubirwaho uyu musore azamara hanze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Undi mukobwa yiganye Paccy kwifotoza yashyizeho ikoma, ashiduka ubwambure bwe bwose bugaragara(Amafoto)

Aka ni akumiro: Miss Gisabo yakoze ibintu bidasanzwe muri Miss Earth ahabwa inkwenene izuba riva