Mu kenda k’imbere gusa Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye gutuma abagabo bamira amazi baravugishwa
Umwe mu bakobwa babarizwa mu itsinda ry’abaherwe kazi Kigali Boss Babes, akomeje gutuma abagabo bamwe bavugishwa bitewe n’amwe mu mafoto agaragaza imiterere ye yasangije.

Uyu mukobwa witwa Christella, kuri ubu abenshi bakomeje kuvuga ko ariwe mukobwa mwiza kandi uteye neza ubarizwa mu itsinda rya Kigali Boss Babes.
Umwe mu bafana yagize,” Christella umukobwa umwe rukumbi uteye neza muri Kigali Boss Babes”, Christella nawe amusubiza ati “Twese duteye neza uze kongera urebe neza”.