in

Hejuru no hasi ntaho wagaya! Mu kenda k’imbere gusa Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye gutuma abagabo bamira amazi baravugishwa

Mu kenda k’imbere gusa Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye gutuma abagabo bamira amazi baravugishwa

Umwe mu bakobwa babarizwa mu itsinda ry’abaherwe kazi Kigali Boss Babes, akomeje gutuma abagabo bamwe bavugishwa bitewe n’amwe mu mafoto agaragaza imiterere ye yasangije.

Uyu mukobwa witwa Christella, kuri ubu abenshi bakomeje kuvuga ko ariwe mukobwa mwiza kandi uteye neza ubarizwa mu itsinda rya Kigali Boss Babes.

Umwe mu bafana yagize,” Christella umukobwa umwe rukumbi uteye neza muri Kigali Boss Babes”, Christella nawe amusubiza ati “Twese duteye neza uze kongera urebe neza”.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niwe yahereyeho! Kazungu Denis wicaga abakobwa hamenyekanye icyatumye yica umusore witwa Turatsinze Eric w’imyaka 23 y’amavuko

Portugal ya kizigenza Cristiano Ronald yanyabitsi ikipe y’igihugu ngenzi yayo ibitego 9 byose ku busa