in

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatanze ubutumwa bukomeye nyuma yo kwerekana ibyo abakinnyi b’iyi kipe bari gukora mur’iyi minsi bagenzi babo bagiye mu ikipe y’igihugu -AMAFOTO

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatanze ubutumwa bukomeye nyuma yo kwerekana ibyo abakinnyi b’iyi kipe bari gukora mur’iyi minsi bagenzi babo bagiye mu ikipe y’igihugu.

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwifashishije imbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bwerekanye abakinnyi bose b’iyi kipe batagize bagira amahirwe yo guhamagarwa mu ikipe y’igihugu bari mu myitozo maze bagira bati :”Imyitozo ntiyahagaze! Ni gihe cyiza cyokwitekerezaho”.

Ibi byagaragaje ko ikipe ya APR FC iri kwitegura bikomeye kugira shampiyona izasubukurwe ikosora amakosa yagiye ikora yo kunganya imikino bya hato na hato.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yahuye nuruva gusenya! Liverpool FC yakubiswe iteruwe n’ikipe ikinamo umunyaRwanda 

Yarwanaga no kumanura akajipo! Nana yafashwe amashusho ari mu muhanda yambaye utwenda tugufi cyane ari kugenda amanura akajipo, abantu batangazwa nuko nta twenda twimbere yari yambaye – videwo