in

Yahuye nuruva gusenya! Liverpool FC yakubiswe iteruwe n’ikipe ikinamo umunyaRwanda 

Yahuye nuruva gusenya! Liverpool FC yakubiswe iteruwe n’ikipe ikinamo umunyaRwanda.

Mu ijoro rya cyeye ikipe ya Liverpool FC yaraye igaritswe n’ikipe ya Toulouse ikanamo umunyaRwanda witwa Warrenhck aho iyi kipe itahabwaga amahirwe yafashe Liverpool ikayitsinda ibitego 3-2 byahise biyishyira ku mwanya wa kabiri aho iri kurushwa amanota abiri na Liverpool iri ku mwanya wa mbere kandi amahirwe yo kujya muri 1/8 yahise yiyongera.

Abakinnyi batsindiye ikipe ya Toulouse ni:

1. Donnum ku munota wa 36

2. Dallinga ku munota wa 58

3. Magri ku munota wa 76 w’umukino.

Abakinnyi batsindiye Liverpool ni:

1. Cásseres Jr ku munota wa 73 w’umukino

2. Jota ku munota wa 89 w’umukino.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umushabitsikazi mu gukina filime uzwi nka Mutoni Assia yavuze ijambo rikomeye cyane bamwe bakeka ko ari ubutumwa yageneye Yaka Mwana yahoze afasha kuvuga kera

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatanze ubutumwa bukomeye nyuma yo kwerekana ibyo abakinnyi b’iyi kipe bari gukora mur’iyi minsi bagenzi babo bagiye mu ikipe y’igihugu -AMAFOTO