in

Ubuyobozi bwa APR FC bwijeje abakinnyi ikintu gikomeye

Mu gihe kuri uyu wa kabiri ikipe ya APR FC iza kwerekeza mu ntara y’amagepfo kwitegura umukino wa US Monastir, umuyobozi w’icyubahiro Gen James Kabarebe yasuye ikipe kugira ngo amenye amakuru yayo.

Yagize ati, “ Mufite Umutoza ukomeye ibyo rero biri mubiduha ikizere cyo kwitwara neza kuri uyu wa 6.”

“ Ndabasaba ko mwasezerera iyi kipe kuko ntiyadutera ubwoba n’izindi zagiye zinyura hano zabonye ko ikipe ya APR atari ikipe wanyuraho uko wiboneye.”

APR FC izakira US Monastir FC yo muri Tunisia 🇹🇳 kuri uyu wa Gatandatu i HUYE.

Credit ( 📸): APR FC

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa APR FC yashwanye n’abatoza mu ikipe y’igihugu bituma adakinishwa aza kwicazwa mu bafana

Abakinnyi babiri bakomeye b’ikipe izasohokera u Rwanda mu mikino Nyafurika basanzwemo COVID-19