in

Ubuse u Rwanda ruzatsindirwa na nde? Rutahizamu Amavubi yari afite ukomeye ntabwo azaza gufasha u Rwanda nyuma yo guhamagarwa batabanje kumenya amakuru kuri we

Ubuse u Rwanda ruzatsindirwa na nde? Rutahizamu Amavubi yari afite ukomeye ntabwo azaza gufasha u Rwanda nyuma yo guhamagarwa batabanje kumenya amakuru kuri we

Rutahizamu Rafael York ntabwo azaza gukinira Amavubi, nyuma yaho abahamagara ikipe y’igihugu y’u Rwanda bamuhamagaye batabanje kumenya amakuru y’ikibazo afite kugeza ubu.

Uyu rutahizamu ukomeye uri mu bafasha ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, impamvu atazaza gukinira u Rwanda ni uko afite imvune kugeza ubu Kandi ntacyo yaza gukora atameze neza.

Amavubi akomeje kwitegura imikino n’ikipe ya Zimbabwe hamwe n’Afurika y’epfo. Iyi mikino yo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi izatangira kuri uyu wa gatatu, ruzatangira rukina na Zimbambwe.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wamuganga w’abana wakoraga filime z’urukozasoni z’abana yatawe muri yombi

Gicumbi habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange aho umugenzi yaciye mu kirahure agwa mu muferege bamutoragura yapfuye -IFOTO