in ,

Ubuse mama iyi ngabirano izataha?: Perezida wa Rayon Sports yagabiwe n’umunyamakuru ukomeye cyane mu Rwanda kubera umukinnyi yaguze

Ubuse mama iyi ngabirano izataha? Perezida wa Rayon Sports yagabiwe n’umunyamakuru ukomeye cyane mu Rwanda kubera umukinnyi yaguze.

Perezida wa Murera Uwayezu Jean Fidel nyuma yo kugura abakinnyi bagaragaza itandukaniro mu kibuga byanyuze umwe mu banyamakuru bakomeye cyane mu Rwanda bitewe n’umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe uherutse gusesekara mu Rwagasabo.

Umunyamakuru Romario Abdul Jabal ukorera Isango Star ubwo yari mu kiganiro nabamwe mubafite inshingano muri Rayon Sports yemeye ko agabiye Uwayezu Jean Fidel.

Mu magambo ye yagize ati :”Ikintu cya mbere mwarakoze kungarurira kariya gasore ngewe nkunda abakinnyi bazi football, uriya muhungu akarisa ballon ni muzima, Youssef Rhab rwose afande retid ahantu ari atere umujugujugu mu rwuri rwange aho uri bugarukire ingweba zose zihaka ndazimugabiye”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nishimwe Blaise wari washimwe n’umutoza wa Kiyovu Sports byongeye kumubana imyangaro

Ikipe ya Real Madrid itsinze Manchester United mu buryo busuzuguritse cyane -AMAFOTO