in

The Ben yiyemeje gutanga akavagari k’amafaranga mu bafana be (dore ibisabwa kugira ngo urye kuri aya mafaranga the Ben)

The Ben yiyemeje gutanga akavagari k’amafaranga mu bafana be (dore ibisabwa kugira ngo ubone ku mafaranga the Ben ari gutangira Ubuntu)

Umuhanzi The Ben witegura gushyira indirimbo ye hanze kuri uyu wa Gatandatu yiyemeje ko umufana we uri butombore izina ry’indirimbo azashyira hanze azamuha arenga ibihumbi 500 Frw Nkuko ya bitangaje Binyuze ku mbuga nkoranyambaga ze.

Ni mu gihe kandi iyi ndirimbo ye itegerejwe n’abantu benshi Dore ko atari aherutse gusohora indirimbo ye wenyine.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

 Myugariro w’ikipe ya Arsenal FC Jurriën Timber yasuye Urwibutso rwa Kigali -AMAFOTO

Umufana wa Kiyovu ukomeye Lucky Nzeyimana yavuze ko n’ubwo adakunda Rayon Sport gusa umugati wayo ntago azawuhemukira n’ubwo hari bamwe bari kwivugisha ngo iraboze (Video)